Politiki

Imyaka 81 iruzuye impundu zivuze mu muryango w’umworozi rurangiranwa Mzee Amos Kaguta n’umufasha we Esteri Kokundeka Nganzi, ubwo bari bibarutse umwana w’umuhungu maze bamwita Yoweri Kaguta Museveni Tibuhaburwa
U Rwanda ruri mu bihugu 142 byatoye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasuye inzu ndangamurage ya Liberiya iri mu murwa mukuru wa Minova, anaganira n'urubyiruko rwo muri iki gihugu rwize mu Rwanda
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye igitero cyagabwe na Israel kuri Qatar mu Mujyi wa Doha ndetse inihanganisha imiryango y'Abanya-Qatar bakiburiyemo ababo.
Ambasaderi uhagarariye u Rwanda mu Kanama ka Loni, Martin Ngoga, yagaragaje ko ikeneye gushyiraho uburyo bunoze bwo gukemura ibibazo bikibangamiye ibikorwa byo kubungabunga amahoro, iby'imiyoborere n’ubushobozi buke mu bijyanye n’imari.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Nduhungirehe Olivier, yakiriye impapuro za Ambasaderi Aurélie Royet-Gounin, ugiye guhagararira Ubufaransa mu Rwanda,  na Hanan AbdelAziz Elsaid Shahin, ugiye guhagararira Misiri mu Rwanda
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe,yagiranye ibiganiro n'Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Veronica Nduva, byibanze ku kunoza imikoranire ihuriweho