Politiki

U Rwanda rwishimiye ko Amerika yemeye ko rwujuje inshingano ku kibazo cya RDC

U Rwanda rwishimiye imyaka 64 y’ubufatanye na Amerika

U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye amasezerano abiri harimo arebana n’abimukira

Perezida Kagame yashimangiye ko umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa wubakiye ku cyizere

Guverinoma y’u Rwanda n’ubwami bwa Maroc, basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu bijyanye n'ubwikorezi bwo mu kirere.
Perezida Kagame yatangije ku mugaragaro amasomo mu Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere [African School of Governance] asaba abagiye gutangira kuryigamo gukoresha ayo mahirwe mu guhindura umugabane wa Afurika.
Perezida Kagame yavuze ko bidakwiye ko hari abakerensa ubushobozi bw’ibihugu birimo n’u Rwanda, bagaragaza gushidikanya ko bidashobora kwakira kwakira amarushanwa akomeye ku rwego rw’Isi, nka Shampiyona y’Isi y’Amagare, avuga ko iyo mitekerereze itakijyanye n’igihe
Corneille Nangaa umuhuzabikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, yongeye gushimangira ko gahunda yabo ari ugukuraho perezida Felix Tshisekedi,aha inkwenene Tshisekedi ushukisha Perezida Donald Trump amabuye kandi nta kirombe agira, anenga abashinja u Rwanda gufasha uyu mutwe wa M23 .
Perezida wa Repubulika Paul Kagame na mugenzi we wa Misiri, Abdel Fattah El-Sisi bahagarariye isinywa ry’amasezerano agamije guteza imbere ibijyanye no gucunga umutungo w’amazi,ubukungu n’ubucuruzi, gusangira ubutaka hagamijwe guteza imbere ibikorwa by’ubucuruzi,imiturire guteza imbere ishoramari.
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko imibanire y’u Rwanda n’amahanga ihagaze neza, yongera gushimangira ko ibibazo by'umutekano wa RDC bizakemurwa n'ibiganiro ndetse yamagana umwanzuro wa EU kuri Ingabire Victoire
Imyaka 81 iruzuye impundu zivuze mu muryango w’umworozi rurangiranwa Mzee Amos Kaguta n’umufasha we Esteri Kokundeka Nganzi, ubwo bari bibarutse umwana w’umuhungu maze bamwita Yoweri Kaguta Museveni Tibuhaburwa
U Rwanda ruri mu bihugu 142 byatoye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka