Raporo nshya ya FAO yagaragaje ko urubyiruko ari inkingi ya mwamba mu guhindura urwego rw’ubuhinzi, kongera umusaruro no guteza imbere imirire iboneye ku Isi
Minisitiri w'Ubuhinzi n'Ubworozi, Dr. Mark Bagabe yagaragaje ko mu cyerekezo 2050, hazajya hakorwa ubuhinzi bushingiye ku masezerano n'ibigo by'imari ku buryo umuhinzi atazajya ashora adafite isoko azagemurira
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga