Isi yose iri guhangana n’ihindagurika ry’ibihe n’inzara, ari na ko abahanga bashyira imbaraga mu guharura inzira nshya zafasha mu gushaka ibisubizo birambye kuri ibi bibazo
Raporo nshya ya FAO yagaragaje ko urubyiruko ari inkingi ya mwamba mu guhindura urwego rw’ubuhinzi, kongera umusaruro no guteza imbere imirire iboneye ku Isi
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga