Ubuhinzi

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko abahinzi b’ikawa batazongera guhabwa ifumbire ku buntu
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwijeje abahinzi ubufasha nyuma y’uko imvura nyinshi yangije imbuto z’ibiti 10,000 zari ziteganyijwe guhabwa abahinzi mbere y’igihe cy’ihinga giteganyijwe gutangira muri Ukwakira
Minisitiri Dr. Mark Bagabe, yakiriye itsinda ry’inzobere zaturutse muri Brazil mu biganiro bigamije gufatanya n'u Rwanda mu kuzana inka za 'Girolando', zizwiho kororoka neza no gutanga umukamo mwinshi
Umuryango Mpuzamahanga ugamije kurwanya ubukene n’inzara, Heifer International wafunguye ku mugaragaro ikigo cya kabiri kizajya gitangirwamo amahugurwa ku mikoreshereze y'imashini zihinga no kuzisana
Ubuhinzi ni urwego rutanga amahirwe y’iterambere, kandi uyu munsi Leta y’u Rwanda ishyize imbere gahunda yo gushishikariza urubyiruko kwibona mu buhinzi nk’inzira yo kwihangira imirimo, kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no kurwanya imirire mibi
MINAGRI ivuga ko igihembwe cy’ihinga cy’umuhindo kizatangirana n’umwaka wa kabiri wa NST2, kizakorwamo akazi kenshi hagamijwe kugera ku ntego Igihugu cyihaye yo kuzamura umusaruro w’ibihingwa ngandurarugo ku kigero cya 50%
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB) kigaragaza ko uburyo bushya bwo gutunganya ibishishwa by'imyumbati bikavamo ibiryo by'amatungo byafasha mu kugabanya ibitumizwa mu mahanga ku kiguzi kiri hejuru
Isi yose iri guhangana n’ihindagurika ry’ibihe n’inzara, ari na ko abahanga bashyira imbaraga mu guharura inzira nshya zafasha mu gushaka ibisubizo birambye kuri ibi bibazo
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva yasuye umushinga w’ubuhinzi wa Gabiro Agribusiness Hub, ukorera mu Ntara y’Iburasirazuba, agaragaza ko hakenewe gutekerezwa ku buryo bwo gushakira amacumbi no gutwara abakozi b’uyu mushinga baturuka kure
Mu mabwiriza agenga igihembwe cy'ihinga cy'umuhindo cya 2026A n'igihembwe cya 2026B, yashyizwe hanze na Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi, Leta y'u Rwanda yongereye 'Nkunganire' igenera abahinzi ku ifumbire mvaruganda n’imbuto nziza mu gihembwe cy’ihinga cya 206A na 2026B.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka