Perezida Paul Kgame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryano wa RPF-Inkotanyi yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye kujya bibwiza ukuri bakareba niba inshingano bahawe gukorera abaturage bazuzuza uko bikwiye avuga ko iyo bidakozwe bigira ingaruka ku gihugu ndetse no kuri bwite.
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ku bufatane Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) batangije gahunda y’imyaka ine igamije kuzamura urwego rw’ubuhinzi mu Rwanda binyuze mu kureshya abashoramari no kongera umusaruro
Kuri uyu wa 15 Nyakanga 2026, Perezida Paul Kagame yashyizeho Abanyamabanga bashya muri Minisiteri ya Siporo no muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi
Bamwe mu batuye mu mirenge itandukanye irimo uwa Cyinzuzi, Murambi na Masoro yo mu karere ka Rulindo mu ntara y'Amajyaruguru,baratabaza basaba inzego zibishinzwe guhagurukira amatsinda y’abagizi ba nabi yashibutse ku bakora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe, by’umwihariko abiyita wrong turn baherutse no kwica abantu babiri babasanze mu isantere.
Muri iyi nkuru, turagaruka ku bayobozi batanu bamaze kuyobora Minisiteri nyinshi mu Rwanda, abo ni Dr. Vincent Biruta, James Musoni, Dr. Jeanne d'Arc Mujawamariya, Dr. Charles Murigande na Dr. Valentine Uwamariya.
Ikipe ya Aston Villa ikina muri Shampiyona y'u Bwongereza yumvikanye na Visit Rwanda ku masezerano yo kuba umuterankunga mukuru uzajya ugaragara ku gituza cy'imyambaro y’iyi kipe.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga