Ibyihariye

Banki Nkuru y’u Rwanda yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo ho 1%, kigera kuri 8.25% kivuye kuri 7.25%, mu rwego rwo guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku isoko, by’umwihariko ryagizwemo uruhare n’ingaruka z’intambara iri mu Burasirazuba bwo Hagati
Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, tariki ya 20 Gicurasi, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ibirori by'umunsi wahariwe ababyeyi bakuru ku ishuri rya Green Hills Academy
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Paula Ingabire, yavuze ko urwego rw’Ikoranabuhanga n’Itumanaho (ICT) ruri mu mpamvu zikomeye zituma u Rwanda rukomeje gutekereza kubaka uruganda rutanga ingufu za nikeleyeri
Mu myaka itanu ishize, abahinzi bo mu Karere ka Gicumbi bemeza ko bari bazahajwe n’isuri yatwaraga ubutaka bwabo, bityo bigatuma umusaruro w’ubuhinzi uhora ari muke, bagahorana inzara ndetse n’ubukene bukabije
Perezida Paul Kagame yavuze ko nubwo Afurika ifite amahirwe menshi mu gukoresha ingufu zisubira nk’izikomoka ku mirasire y’izuba n’amazi, zitagihagije kugira ngo ubukungu bw’umugabane bukomeze gutera imbere no guhaza ingufu zikenerwa n’inganda n’ikoranabuhanga rigezweho
Abakuru b’ibihugu byo muri Afurika bagaragagaje ko uyu mugabane ukeneye ubufatanye mu by’ishoramari kugira ngo ubyaze umusaruro ingufu za nikeleyeri mu buryo bufatika.
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za Nikeleyeri mu buryo bw’amahoro
Ikigo Mpuzamahanga gishinzwe ingufu za nikeleyeri, IAEA, cyashyize u Rwanda mu kindi cyiciro kiganisha ku kubaka uruganda rw'ingufu za nikeleyeri.
Umuyobozi w’Ishami ry’Imiturire mu Kigo cy'Igihugu cy'Imiturire (RHA), Eng. Emmanuel Ahabwe, yasobanuye uko gutuza abantu mu Mudugudu w’Icyitegererezo bikorwa, ku buryo hari abahabwa aho gutura bakahegukana abandi bagatizwa gusa.
Ibigo bitandukanye mpuzamahanga byiyemeje gushora imari yabyo mu Rwanda aho bamwe mu bayobozi b’ibigo by’ubucuruzi binyuranye bagaragaje ko gukorera mu Rwanda ntako bisa bitewe n’uko ari igihugu cyorohereza abashaka kuhashora imari.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka