Ibyihariye

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga garagagaje uburyo amahanga yarengeje amaso nkana ibitero bya FLN na RUD Urunana mu Rwanda agakangurwa n’urupfu rwa Ambasaderi w’u Butaliyani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Kuri uyu wa Gatandatu, mu kagali ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama ho mu karere ka Bugesera ahahoze ishuri rya Nyirarukobwa, habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi hazirikanwa by'umwihariko imiryango yazimye.
Banki y’Isi World Bank Group yashimiye u Rwanda ko ruri ku isonga mu bihugu byitwaye neza ku rwego rw’Isi mu bipimo byagutse bya Human Capital Index Plus (HCI+) bigaragaza uko ibihugu byaharaniye iterambere n’imibereho myiza by’abaturage babyo.
Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze kuri 2.938 Frw ivuye kuri 2303 Frw ikaba yiyongereyeho 635 Frw  mu gihe litiro ya mazutu yo yagumye kuba 2205 Frw.
Umunyamabanga mukuru w'umuryango uhuriza hamwe ibihugu bivuga ururimi rw'igifaransa(OIF) Louise Mushikiwabo, yitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida wa Congo Brazzaville Denis Sassou Nguesso kuri uyu wa Kane.
Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare NISR,  izwi nka Rwanda Vital Statistics ya 2025, yagaragaje ko abana bavutse bakandikwa mu irangamimerere biyongeho 2,6% muri uwo mwaka.
Minisitiri w'Uburezi, Joseph Nsengimana yagaragaje ko nka Minisiteri y'Uburezi bafite inshingano yo kurera urubyiruko ruzira ingengabitekerezo ya Jenoside no kubatoza indangagaciro z'ubumwe, ubufura n'ubwubahane
Kuri uyu wa Kane, ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe abatutsi rwa Nyange mu karere ka Ngororero,abayobozi ,abaturage, inzego zinyuranye bahuriye mu gikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko hagarukwa ku bugome bwa padiri Athanase Seromba wishe abatutsi abasenyeyeho Kiliziya

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka