Ibyihariye

Perezida Paul Kagame yakiriye umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi y’Urwego rw’Itangazamakuru mu Bihugu Byunze Ubumwe by’Abarabu (UAE Media Council), Sheikh Abdulla bin Mohammed bin Butti Al Hamed
Perezida Kagame yakiriye aba Ambasaderi bashya barimo Casper Stenger Jensen uhagarariye Denmark, Irene Vida Gala uhagarariye Brazil, Aurélie Royet‑Gounin uhagarariye Ubufaransa na Hanan AbdelAziz Elsaid Shahin uhagarariye Misiri
Imyaka 35 irashize ,Nyiricyubahiro Antoine Cardinal Kambanda, Arkiyepiskopi wa Kigali, ahawe ubusaseridoti kuko yabaye Padiri tariki ya 8 Nzeri 1990
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko 10% by’amafaranga akomoka mu bukerarugendo bwa Pariki y’Ibirunga agenerwa abaturage baturiye iyi pariki.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yagiriye uruzinduko rw’umunsi umwe mu Karere ka Rubavu, aho yasuye Uruganda rwa Shema Power Plant rubyaza Gaz Methane amashanyarazi ndetse n’Icyambu cya Rubavu
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yakiriye abaje kwita abana b'ingagi amazina ku nshuro ya 20, barimo Intumwa yihariye ya Loni ku bijyanye n'umutekano wo mu muhanda Jean Todt, umunyabigwi wa Arsenal Mathieu Flamini n'umuyobozi w'Inama y'Ubutegetsi ya Marriot International, David S. Marriott
Umuyobozi Mukuru w'Ikigo mpuzamahanga gifatanya na za Guverinoma mu mishinga y’iterambere rirambye, kurengera ibidukikije, no guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere, Global Green Growth Institute (GGGI), Sang-Hyup Kim, yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruherereye ku Gisozi
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere, Gen (Rtd) James Kabarebe,yagiranye ibiganiro n'Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Veronica Nduva, byibanze ku kunoza imikoranire ihuriweho
Minisitiri w'Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yavuze ko kwagura Pariki y’Ibirunga kugirango harushesho kuba heza, ndetse no kuba bizagira uruhare mu guhindura imibereho y'abaturiye iyi pariki, ari ikimenyetso cy'uko kubungabunga ibidukikije n’iterambere bidatana
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yasabye abaturiye Pariki y’Ibirunga, kubyaza umusaruro ibikorwaremezo biyikikije ndetse n’imishinga itandukanye bahabwa igamije kubateza imbere