Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasuye inzu ndangamurage ya Liberiya iri mu murwa mukuru wa Minova, anaganira n'urubyiruko rwo muri iki gihugu rwize mu Rwanda
Ku nshuro ya mbere mu mateka, Shampiyona y'Isi y'Amagare igiye kubera ku mugabane wa Afurika, mu gihugu cy'u Rwanda, mu Mujyi wa Kigali, guhera ku itariki ya 21 - 28 Nzeri 2025
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye igitero cyagabwe na Israel kuri Qatar mu Mujyi wa Doha ndetse inihanganisha imiryango y'Abanya-Qatar bakiburiyemo ababo.