Ibyihariye

Isengesho rya Jeannette Kagame ubwo yari mu masengesho y’urubyiruko yo gusabira igihugu’ Young Leaders Prayer Breakfast yabaye ku Cyumweru, tariki ya 2 Nzeri 2025
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko igihugu cy'u Rwanda cyafashe icyemezo cyo kwakira impunzi kuko cyakuye amasomo mu buhunzi, avuga ko mu bushobozi bucye igihugu gifite kizafasha abo bantu
Umushinjacyaha Mukuru, Habyarimana Angelique yatangaje ko mu mwaka w'Ubutabera wa 2024/25, Ubushinjacyaha Bukuru bwakoze amadosiye angana na 96.4%
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga akaba na Perezida w’Inama y’Ubucamanza, Domitilla Mukantaganzwa, yatangaje ko  mu mwaka w’ubucamanza wa 2024-2025 , haciwe imanza 15012, zaciwe hisunzwe inzira y’ubuhuza n’ubwumvikane
Perezida w’Urugaga rw’Abavoka mu Rwanda, Me Nkundabarashi Moïse, yavuze ko bimwe mu byo urugaga rwagezeho muri uyu mwaka ari uko Abanyarwanda batishoboye bagera 5376 bafashijwe kunganirwa mu nkiko
Madamu Jeannette Kagame yasabye abashinga ingo bakiri bato kwirinda irari n’ikindi cyasenya urugo ahubwo bakubakira ku kizere.
Madamu Jeannette Kagame yasabye urubyiruko rwitegura gushakana guha agaciro impamvu yo kubana kurusha gutegura ibirori by’ubukwe gusa, biba umunsi umwe
Abakirisitu bo mu itorero Omega Church, riherereye mu Murenge wa Kinyinya, Akagari ka Kagugu, bahuriye mu giterane, ‘Rwanda Shima Imana’, bayishima ku byo imaze kugeza ku Banyarwanda mu myaka 31 ishize ,u Rwanda ruvuye mu bihe bikomeye bya Jenoside yakorewe Abatutsi
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatoreye Dr Ngoga Shema Fabrice, kuba Perezida wa ryo, mu matora atari afite uwo bahanganye, akaba agiye kuyobora muri manda y'imyaka ine(2025-2029)
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye itsinda ryabanya-Qatar baturutse muri kigo cya Qatar Leadership Center, abasaba nk’abayobozi gukora ibikorwa bifite akamaro batitaye ku makosa, kuko gukosa bisanzwe, ahubwo ari uguhaguruka ugakomeza inzira

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka