Urubyiruko rwitabiriye umuhango wo gusoza Inteko rusange ya 20 y’Ihuriro ry’Abepiskopi bo muri Afurika na Madagascar (SECAM), rwasabwe guharanira kwihesha agaciro no gushyira imbaraga mu bikorwa bibubaka
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yasabye abayobozi b’inzego za Leta n’ab’amadini gukoresha inshingano zabo mu guteza imbere icyiza n’ukuri ku nyungu z’abaturage
Umuhanzikazi Ayra Starr, umuhanzi Kizz Daniel na Timaya bakomoka muri Nigeria baraye banyeganyeje Kigali mu gitaramo gishyira akadomo ku iserukiramuco rya Giants of Africa
Abarimu bakorera hirya no hino mu Gihugu bagaragaje ko bishimira intambwe imaze guterwa mu kuzamura agaciro kabo, banakomoza kuri zimwe mu mbogamizi bagihura na zo zirimo kudahembwa amafaranga ahwanye n'impamyabumenyi bafite