Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri  mu Ntara ya Cabo Delgado mu Majyaruguru ya Mozambique, ku wa 21 Ukuboza 2025,  bitabiriye igikorwa cya siporo  rusange aho bari kumwe n’abaturage ndetse n' abayobozi b'inzego z' ibanze.
‎Urwego Rrw 'Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB), rwashyizeho amasaha y'agateganyo azagenga ibikorwa by'ubucuruzi guhera ku wa 22 Ukuboza 2025 kugeza ku wa 05 Mutarama 2026.
Bigoranye, Al Hilal Omdourman yanganyije na Marines FC ibitego 2-2, Kiyovu itsinda Rutsiro igitego 1-0 mu mikino y'umunsi wa 12 ya Shampiyona y'u Rwanda.
Inama Njyanama y'Akarere ka Nyagatare yemeje ko uwari Umuyobozi w’aka Karere Gasana K. Stephen, yamaze gusezera kuri izo nshingano.
‎Umujyi wa Kigali watangaje ko washyizeho gahunda yihariye mu buryo bw'ingendo mu gihe cy 'iminsi mikuru ya Noheli n'Ubunani. ‎
Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zashinje umutwe wa AFC/M23 kubeshya ko wavuye mu mujyi wa Uvira, nyuma yuko utangaje ko wagombaga kuba warangije kuwuvamo bitarenze ku wa kane.
Umuyobozi mukuru w' Inzego z' Umutekano z' u Rwanda (RSF) mu Ntara ya Cabo Delgado, Maj Gen Vincent Gatama ku wa 20 Ukuboza 2025, yakiriye Brig Gen Tomás Francisco João Mponha, Umugaba Mukuru wungirije w’Ingabo za Mozambique (FADM), i Mocimboa da Praia.
Mu mukino w'Umunsi wa 12 wa Rwanda Premier League wakinwe kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 20 Ukuboza 2025, APR FC yatsinze Gasogi United ibitego 2-0.