Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ubuyobozi bwa Polisi y'Igihugu butangaza ko mu gihe abantu bazaba bizihiza iminsi ya noheli n'Ubunani, umutekano uzaba wifashe neza.
Umwaka wa 2025 ni umwaka utazava mu Banyarwanda by'umwihariko abakunzi b'umupira w'amaguru kuko ari bwo ikizere cyo kwerekeza mu gikombe cy'Isi ku ikipe y'igihugu y'u Rwanda cyarangiye ku munota wa nyuma
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) igaragaza ko itangazamakuru rifite uruhare rukomeye mu kubaka sosiyete n'umuryango muri rusange cyane ko muri sosiyete ibibazo byo mumutwe binaze kwiyongera
Nta cyumweru gishize umuhanzi The Ben, asohoye mu buryo bw’amajwi indirimbo ye nshya yise” Indabo Zanjye” , ikubiyemo ubutumwa bugaruka cyane kuri Bruce Melodie bamaze imyaka 5 bombi ari hasi hejuru.
Benshi mu Banya-Kigali bazi ijwi rye ndetse indirimbo ye bayiririmbana kuva itangiye kugera ku kadomo ka nyuma kayisoza. Yavutse yitwa Chinsea Linda Lee, inganzo imuyobora kubatizwa Shenseea mu muziki.Shenseea ukomoka muri Jamaica ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe ku Isi by’umwihariko mu bakora Injyana ya Dancehall. Izina rye ryatumbagijwe cyane no gukorana n’abahanzi bakaze ariko rirushaho kumenyekana mu ndirimbo “Hit & Run”, iye y’ibihe byose.
Uwizeye Marc uzwi nka Rocky Kirabiranya cyangwa Kimomo, akaba umusore umaze kubaka izina mu gusobanura filime, urubuga rwe rwo kumuyoboro wa yutube ( YouTube) ' Rocky Entertainment” acishaho ibiganiro n'amafilimi rwongeye gufungwa .
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru witwa Gakuru Emmanuel wamenyekanye nka Muzehe Gakuru kuri radiyo , akurikiranyweho gutanga sheki itazigamiye .
Umukobwa wo mu Karere ka Ruhango w'imyaka 26 y’amavuko, yasanzwe yapfiriye mu nzu y’umusore bikekwaho bararanye