Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Abakuru b’ingabo bo mu bihugu byo muri Afurika birimo U Burundi, Djibouti, Ethiopia, Kenya, Rwanda, Uganda, na Comoros  bari kumwe n’abahagarariye ingabo bo mu karere batabara aho rukomeye ,Eastern Africa Standby Force (EASF), barangije amahugurwa yaberaga mu Rwanda .
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yasobanuye ko mu gihe cya shampiyona y'Isi y’Amagare, abaturage badahejejwe mu ngo cyangwa ngo gahunda zabo zihagarare ahubwo ko bitazabuza ufite gahunda z’ingenzi kuzikora kuko ubuzima buzakomeza nubwo hari imihanda izaba itari gukoreshwa mu gihe runaka.
Minisitiri w'Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye abarangije amasomo mu Ishuri Rikuru ry’Ubuhinzi n’Ubworozi butangiza Ibidukikije (RICA), gufasha igihugu mu kongera umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi binyuze mu guhinga bigezweho kandi hatangijwe ibidukikije, abasaba kuzanatanga serivisi nziza.
Umunyarwandakazi Teta Sandra washakanye n'umuhanzi ukomoka muri Uganda, Weasel Manizo yahishuye ko kubana n'uyu mugabo bafitanye abana babiri atari ibintu byashoborwa na buri wese
Minisitiri wa Siporo,Nelly Mukazayire yasabye Abanyarwanda kuza ku bwinshi kwakira ibirori by’amateka bya   Shampiyona y’Isi y’Amagare bigiye kubera mu Mujyi wa Kigali , mu Rwandano muri Afurika muri rusange
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere,RDB, rwasabye abaturiye Pariki y’Ubukerarugendo bubungabunga Ibidukikije ya Nyandungu, Nyandungu Eco Park-NEP, kuyibungabunga, birinda kuyoherezamo imyanda itandukanye.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Isanzure mu Rwanda, Space Agency, cyasinyanye amasezerano n’Ikigo Nyafurika Gishinzwe guhangana n’ibiza, African Risk Capacity,yitezweho kuzafasha mu rwego rw’ubuhinzi mu guhangana n’ingaruka z’ibiza.
Ihuriro Nyarwanda ry’Urubyiruko rukora Ubuhinzi n’Ubworozi (RYAF) ryasinye amasezerano n’Umuryango Mpuzamahanga GAIN Rwanda (Global Alliance for Improved Nutrition) agamije kurwanya imirire mibi mu Rwanda
Bijya bibaho ugasanga agace runaka kihariye impano nyinshi mu bintu runaka : Siporo,umuziki,ubukorikori,n’ibindi byinshi