Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Perezida Kagame agaragaza ko iterambere ry’ibihugu atari irushanwa, ari inyungu rusange

U Bubiligi bwigaramye umugambi wo gufasha u Burundi kugaba ibitero ku Rwanda

Amateka aranditswe! Rwanda Premier League yasinyiye akayabo

Nduhungirehe yasabye urubyiruko kurinda Igihugu abashaka kugisubiza mu icuraburindi

Ku cyumweru tariki 21 Nzeri 2025 nibwo i Kigali mu Rwanda hatangiye Shampiyona y’Isi y’amagare 2025 , rikaba ari irushanwa ribereye ku mugabane wa Afurika ku nshuro ya mbere mu myaka 103 rimaze ribayeho.
Imirwano ikomeye yongeye kubura i Mpety muri teritware ya Walikale mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hagati y’ihuriro ry’Ingabo za Repubulika iharanira demukarasi ya Congo n’iza Alliance Fleuve Congo, AFC/M23.
Minisitiri w’Intebe ,Dr Nsengiyumva Justin,uri gusura uturere tw’Intara y’Amajyepfo, yeretswe inyungu yitezwe mu nyubako y’ubucuruzi, Huye Trading Company, izuzura itwaye miliyari zirindwi z’amafaranga y’u Rwanda.
Soderqvist Jakob ukomoka muri Sweden yegukanye gusiganwa n'igihe mu bahungu batarengeje imyaka 23 y'amavuko, mu isiganwa ry'umunsi wa kabiri wa Shampiyona y'Isi y'Amagare.
Abahinzi b’icyayi  bo mu karere ka Nyaruguru, mu Ntara y’Amajyepfo, babwiye Minisitiri w’Intebe,Dr Nsegiyumva Justin ko bakigorwa no kugeza umusaruro wabo ku isoko ahanini bitewe n’ikibazo cy’umuhanda.
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20, yatsinzwe na Nigeria igitego 1-0 mu mukino wo gushaka itike yo kujya mu Gikombe cy’Isi.
Minisitiri w’Intebe,Dr Nsengiyumva Justin, yasabye abahinzi bo mu karere ka Nyaruguru, gutekereza uburyo bashyira mu bwishingizi ibihingwa, birinda ko bajya mu gihombo mu gihe bahuye n’ibiza.
Abashyitsi bari mu Rwanda aho bari gukurukira Shampiyona y’Isi y'Amagare, bagaragaje ko bashimishijwe n’ubwiza bw'Igihugu na serivisi nziza barimo guhabwa mu mahoteli anyuranye.
Kuri iki cyumweru tariki ya 21 Nzeri 2025, u Rwanda rwifatanyije n’Isi kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Amahoro.
U Rwanda, rugiye kwakira inama yiga ku buryo abakora mu nzego zifite aho zihuriye n'ubuhinzi no mu buvuzi bahabwa ubumenyi mu bijyanye no kubika no gukonjesha ibikomoka ku buhinzi n’imiti mu buryo butangiza ikirere.

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka