Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Ibirori bya The Silver  bitegurwa  n’umubyinnyi  mpuzamahanga ,Sherrie Siver,  bigiye guhuza ibyamamare bitandukanye birimo n’umunyarwenya muri Afurika y’Iburasirazuba, Eric Omondi.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yavuze ko kuba u Rwanda rwaratoranyijwe ku mugabane wa Afurika ngo rwakire shampiyona y’isi y’amagare ari uko ari igihugu gihora kiteguye kwakira neza amarushanwa atandukanye.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa,ryageneye agahimbazamusyi ikipe ya Rayon Sports WFC, nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa Cecafa iri kubera muri Kenya.
Rayon Sports yatsinze Kiyovu Sports ibitego 2-0, mu mukino w’umunsi wa Mbere wa Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere, Rwanda Premier League ya 2025
Perezida w’u Rwanda akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yibukije abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bagiye koherezwa mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique, ko bakwiye kurangwa n'umurava n'ikinyabupfura byaranze ababanjirije
Ikipe ya APR FC yatsinzwe na Al Hilal SC yo muri Sudani ibitego 3-1, mu mukino wa wa ½ mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2025, ihita isezererwa
Polisi y’Igihugu , yaburiye abantu bose banywa inzoga, bakarenza urugero, ivuga ko bene iyo myitwarire idakwiriye.
Abasore n’inkumi ba Polisi y’Igihugu, basoje icyiciro cya 3/25 cy’amahugurwa y’Ibanze yihariye ahabwa abapolisi((Basic Police Special Forces Course).