Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya, Gen Charles Muriu KAHARIRI, ari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda kuva tariki ya 4 -7 Ugushyingo 2025.
Abantu batanu bo mu Karere ka Nyamasheke batawe muri yombi, bakekwaho kunyereza kawunga yatanzwe muri gahunda yo kugaburira abanyeshuri ku mashuri ‘school feeding’.
ACP Boniface Rutikanga, yakebuye urubyiruko rwishora mu biyobyabwenge by'umwihariko abahanzi ndetse agenera ubutumwa abirara bakanywera ibiyobyabwenge hanze y'Igihugu, ko bitazakuraho kubapima bageze mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu batandukanye bakurikiranyweho ubujura bw’ibitabo bitangwa mu mashuri n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) ndetse n’ibiribwa bigenewe abanyeshuri.
Mu karere ka Kirehe, mu Ntara y’Iburasirazuba, hatangijwe imirimo yo kuvugurura Ikigo Nderabuzima cya Nyarubuye, ‘Medicalized Health Centre’, kizuzura gitwaye arenga miliyari 6 Frw.
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafunze abagabo batanu, bakurikiranyweho kwangiza ibikorwaremezo by’amashanyarazi bakiba insiga zikwirakwiza umuriro mu baturage.
Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire yatangaje ko hafashwe ingamba ko nta kipe y’igihugu izongera gusohoka igiye kuba “ingwizamurongo”.
Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (FEBACO) ryafashe icyemezo cyo guhagarika burundu abatoza bane,ndetse rihanisha bamwe mu bakinnyi ibihano bikomeye.
Umuryango w'Igikomangoma,  Speciosa Bideri Mukabayojo watangaje ko uyu mubyeyi azashyingurwa mu Rwanda ku wa 29 Ugushyingo 2025 aho kuba muri Kenya amaze igihe atuye.
Minisitiri w’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, Ingabire Paula, yatangaje ko Leta iri gushyira imbaraga mu kunoza uburyo sisiteme zitangirwaho serivisi za Leta zikorera kuri Irembo, hagamijwe kurushaho korohereza Abaturarwanda kubona serivisi batavuye aho bari.