Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Inararibonye muri Politiki y’u Rwanda na Diporomasi, ubu akaba ari mu kiruhuko cy’izabukuru, Dr Charles Murigande, yavuze ko yatangiye ubuhunzi afite imyaka ibiri ariko ko yari afite ishyaka ryo  kuba  mu gihugu no kucyubaka, anahishura ko Perezida wa Repubulika Paul Kagame, ari umuntu ureba kure.
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika wungirije ushinzwe umugabane w’Afurika, Tibor Nagy yanenze igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC na Perezida Felix Tshisekedi, ku ngendo nyinshi akora mu mahanga mu gihe abaturage bo mu gihugu cye bicwa umunsi ku wundi
Abacukura amabuye y'agaciro ya Tungsten mu Rwanda bishimiye icyemezo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kuvanaho imisoro mpuzamahanga ku mabuye y’agaciro arimo Zahabu, Tungsten, Graphite na Uranium
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig. Gen. Ronald Rwivanga, yagaragaje ko ibibazo byinshi by’umutekano muke n’ivangura muri Afurika bituruka ku buyobozi bubi n’imiyoborere idashyira imbere ubumwe bw’abaturage
Habiyaremye Zacharie uzwi nka 'Bishop Gafaranga, yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo ngo aburanishwe mu mizi, urubanza gusa urubanza ruburanirwa mu muhezo
Inteko Ishinga Amategeko imitwe yombi, yatangaje ko umwanzuro w’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ibihugu by’u Burayi (EU) usaba ko Ingabire Victoire Umuhoza arekurwa, ugamije gusuzuguro no kwinjirira ubusugire bw’igihugu cy’u Rwanda
Umuhanzikazi Yemi Eberechi Alade ukomoka muri Nigeria, uzwi mu ruhando mpuzamahanga nka 'Yemi Alade' yavuze ko Afurika yose ifite byinshi byo kwigira ku Rwanda
Arkiyepiskopi wa Kigali, Antoine Karidinali Kambanda yageneye ubutumwa bwihariye Papa Léon ku munsi we w’amavuko, amusabira kugira ubwenge n’inema yo kuyobora Kiliziya ye mu kwizera n'urukundo