Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

U Bubiligi bwigaramye umugambi wo gufasha u Burundi kugaba ibitero ku Rwanda

Amateka aranditswe! Rwanda Premier League yasinyiye akayabo

Nduhungirehe yasabye urubyiruko kurinda Igihugu abashaka kugisubiza mu icuraburindi

Ambasaderi Moses Rugema yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Nigeria

U Rwanda ruri mu bihugu 142 byatoye ishyirwa mu bikorwa ry’umwanzuro w’Umuryango w’Abibumbye ugena ko Abanya-Israel n’Abanye-Palestine bagabanywa ubutaka
Benshi batagize amahirwe yo kubana cyangwa kubona umuhanzi Minani Rwema, akiri mu mubiri, uyu munsi bahura na we binyuze mu bihangano cyangwa se bumvise indirimbo ze mu birori binyuranye by’umuco Nyarwanda birimo ubukwe, n'ibindi
Polisi y’u Rwanda yerekanye itsinda ry’abasore batatu bafashwe amashusho batema umugore wo mu Murenge wa Nyarugenge mu Kagari ka Rwampara mu mujyi wa Kigali.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Lt Gen Innocent Kabandana, yagarutse ku bihe byamuranze , ashima umurava we n’ishyaka mu kazi ke haba mu gihugu no mu butumwa bw’akazi mu muhanga.
Polisi y’Igihugu, yatangaje ko yamaze guta muri yombi abantu batatu bagaragaye mu mashusho, bakubita , bakanakomeretsa umugore.
Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n'Ihuriro rya AFC/M23 basinye amasezerano yo guhererekanya imfungwa nk'intambwe mu guhosha umwuka mubi uri hagati y'impande zombi
Umuhanzi Nyarwanda Sano Thierry uzwi ku izina rya Iddo Wurld yashyize hanze indirimbo nshya iri mu njyana ya Afro – Fusion yise "Kontrola"
Perezida wa Repubulika ,Paul Kagame,kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Nzeri 2025, yagiriye uruzinduko rw’akazi  i Doha muri Qatar.  
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangije gahunda yo kugaragaza imishinga y’ibikorwa bitangiza ibidukikije bikwiye gushorwamo imari mu Rwanda yiswe ‘Rwanda Green Taxonomy

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka