Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Uwahoze ari umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, uheruka kwitaba Imana, yahawe igihembo cy'umunyabigwi mu itangazamakuru “Lifetime Achievement Award”
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byashyize umukono ku mushinga w’amasezerano y’ubufatanye mu iterambere ry’ubukungu .
U Rwanda rugiye kwakira Inama ya 19 y’Abayobozi b’Amashuri Makuru ya Gisirikare yo muri Afurika,  izabera i Kigali kuva tariki ya 10 -12 Ugushyingo 2025 .
Minisitiri Dr. Bizimana yashimye igitabo cyanditswe kigaragaza uruhare rw'Abenebikira mu kurinda abana barokotse Jenoside, avuga ko ari igikorwa kigaragaza isura y'ukuri ya bamwe mu barokotse Jenoside n’abanyamadini babigizemo uruhare
Ambasaderi Col (Rtd) Donat Ndamage yashyikirije Umwami Mswati III wa Eswatini, impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri icyo gihugu
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya, Gen Charles Muriu Kahariri yasuye Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry'ingabo z'u Rwanda, RDF, riherereye i Nyakinama, asaba aba basirikare bagiye kuba bakuru mu gihe kiri imbere kugira ubushobozi bwo kureba kure no gufata ibyemezo
Umuhanzi David Adeleke benshi bazi nka Davido waherukaga mu Rwanda mu Ukwakira 2023, agiye kugaruka gutaramira Abanyarwanda, tariki ya 5 Ukuboza 2025, mu rugendo rw'ibitaramo bizenguruka Isi, byo kumenyekanisha album nshya yasohotse mu ntangiriro z'uyu mwaka yise '5ive'
Minisitiri w'Urubyiruko, Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yashimiye urubyiruko rw'abakorerabushake uruhare rugira mu iterambere ry'igihugu, arusaba gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza, kwitanga no gusigasira ibyagezweho