Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Mu masaha make ashize nibwo umuhanzi Nyarwanda, Kevin Kade yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Nyanja”, nyuma y'igihe yari amaze ayiteguje abakunzi b’umuziki we
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame, na mugenzi we wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, bahagarariye isinywa ry'amasezerano y'ubufatanye hagati y'ibihugu byombi, mu bijyanye n'Umutekano ndetse n'Ubucuruzi
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgado, Maj Gen Emmy K. Ruvusha, yakiriye Umugaba w’Ingabo za Mozambique (FADM), Maj Gen André Rafael Mahunguane, ku cyicaro cya RSF giherereye i Mocimboa da Praia
Urukiko rwa Gisirikare ruri i Nyamirambo, rwategetse ko abasivili n’abakozi ba RCS bakurikiranyweho ibyaha birimo ubufatanyacyaha mu gukoresha umutungo wa Leta icyo utagenewe barekurwa by’agateganyo, rutegeka ko abasirikare bo bareganwa na bo bafungwa by’agateganyo
Murandasi, ubu imaze kumenyerwa nk’igikoresho cy’ingenzi mu buzima bwa buri munsi, imaze imyaka isaga 60 kuva ishyizweho mu 1969
Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Gen (Rtd) James Kabarebe ,yaganiriye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Mozambique, Amb. Maria Manuela dos Santos Lucas.
Abahanzi bahize abandi mu irushanwa ry’abanyempano rya ArtRwanda-Ubuhanzi, mu cyiciro cy’abatsinze iri rushanwa mu mu byiciro bitatu biheruka, All Stars Edition, bahembwe Miliyoni 100Frw
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye intumwa z’inteko ishinga amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziturutse mu mitwe yombi y’ishyaka ry’Abademokarate n’iry’Abarepubulikani
Shema Ngoga Fabrice uri kwiyamamariza kuyobora Federasiyo y'Umupira w'Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), yatangaje ko naramuka atorewe uyu mwanya, atanze uburenganzira bw'uko amafaranga agenerwa na CAF yazakoreshwa mu kuzamura impano z'abato mu mupira