IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice

IKUZWE MBABAZI Maurice ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ndetse n’umunyeshuri uri gusoza amasomo ya Kaminuza mu Itangazamakuru n’Itumanaho. Afite ubunararibonye mu kwandika inkuru,. Afite umwete n’inyota yo kuba umunyabigwi mu itangazamakuru.Ubu, akorera ku UMUNOTA.COM. Intego ye ni ugukoresha impano n’ubumenyi afite mu guteza imbere itangazamakuru rifite ireme no kugeza ku baturage amakuru abafitiye akamaro.Email: [email protected] Tel: 0785580314

Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze Mukura Victory Sports ibitego 2-0 mu mukino wayo wa gatatu muri Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 10.
Urwego rw'Igihugu Rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko kugeza ubu rufunze abanyamahanga basaga 500 mu magororero atandukanye hirya no hino mu Gihugu.
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare bwabasabiye igifungo cya burundu abagabo babiri bo muri aka Karere bakekwaho ibyaha byo kwica abagore babo
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora, RCS, rwatangije ishyirwa mu bikorwa ry'igihano gishya cy'imirimo y'inyungu rusange (Community Services Penalty), abagikatiwe bakora bataha mu ngo zabo
Urukiko rwa Gisirikare rwatangaje icyemezo cyarwo ku rubanza ruregwamo abasirikare ba RDF barimo Maj Vincent Murigande, Capt Peninah Mutoni, na Capt Peninah Umurung
Ubushinjacyaha bwasabiye Kalisa John uzwi nka K.John na Ishimwe Patrick wamenyekanye nka Pazzo Man,bombi bakurikiranyweho uruhare mu gukwirakwiza amashusho ya Yampano arimo kunoza amabanga y’urugo, gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Visi Perezida w’Inama y’Igihugu y’Abafite ubumuga mu Rwanda (NCPD), Norbert Ugwaneza, yashimiye Leta y'u Rwanda idahwema guteza imbere imibereho myiza y'Abanyarwanda harimo n'abantu bafite ubumuga, nabo bakomeje urugamba rwo kwiteza imbere.
DCG Jeanne Chantal Ujeneza,  yavuze ko ubufatanye bw’Umuryango w’Abibumbye na Polisi y’u Rwanda ari ingenzi mu gutuma u Rwanda ruza mu bihugu bya mbere ku Isi mu kohereza abapolisi n’ingabo mu bikorwa byo kubungabunga amahoro
Ingabo z’u Rwanda, RDF n’iza Tanzania, TPDF zahuriye mu Karere ka Ngoma, mu nama ya 14 y’Abayobozi b’Ingabo zikorera ku mipaka y’ibihugu byombi
Nyuma y'uko amatike yo kwinjira mu gitaramo Davido, azakorera mu mujyi wa Kigali, ashize ku isoko, hategujwe umunsi wa kabiri, uyu muhanzi azahurira n'abakunzi be ibizwi nka 'Meet&Greet"