Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu

Niyigena Radjabu ni umunyamakuru w’Umunyarwanda ukora kinyamwuga ufite uburambe bw’imyaka itatu mu itangazamakuru, ryibanda ku gutara no gutangaza inkuru zicukumbuye ku buzima rusange n’izivuga ku Rwanda. Kuri ubu ni umunyamakuru wa Umunota.com, rumwe mu ziyoboye mu Rwanda mu bijyanye no gutangaza amakuru ku mbuga zikorera kuri murandasi.

Mu Rwanda imanza zishingiye ku biyobyabwenge zageze kuri 5.979 mu 2026

Umuhora wa ruguru wiyemeje gufasha u Rwanda kugabanya imyuka ihumanya ikirere

Gen Mubarakh Muganga yasabye APR FC kugarukana intsinze i Kigali iyikuye  i Lubumbashi

U Rwanda rwijeje abahinzi ko ifumbire izakoreshwa mu Muhindo ihari kandi ihagije

Tariki 19 Nyakanga 1994  ni umunsi w’amateka ku Banyarwanda kuko ari bwo hagiyeho guverinoma yatangiye urugendo rwo kubaka u Rwanda tubona ubu rwunze ubumwe rutarangwamo amoko, irondo karere aho abaturage bose ari bahuriye kuri Ndi Umunyarwanda.
Minisitiri Bizimana yashimye ubutabera bw'u Bufaransa ko mu myaka 10 ishize bwongereye imbaraga mu gukurikirana no guhana abakoze ibyaha, hagamijwe kurwanya umuco wo kudahana no guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Perezida Paul Kagame yakebuye urubyiruko rwishora mu biyobyabwenge arwibutsa ko ari rwo rufite inshingano zo kubaka u Rwanda rw’ejo hazaza ariko ko bitazakorwa n’abantu badafite ubuzima. 
Tariki 18 Nyakanga 1994 hari hashize iminsi 102 Jenoside yakorewe Abatutsi iri kuba mu gihugu hose ari nako Ingabo za RPA zari mu rugamba rwo kuyihagarika no kubohora igihugu.
Dr. Eugène Rwamucyo yatsinzwe ubujurire yari yaratanze mu Rukiko rwa Rubanda rw’i Paris mu Bufaransa rwamukatiye igifungo cy’imyaka 23 nyuma yo kumuhamya ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu.
“Congo ntabwo yigeze ishaka amahoro. Yakomeje gufasha FDLR mu kuturwanya, nyuma baza kwihuza n’abandi basirikare b’ibindi bihugu, ngira ngo muzi inkuru za Goma. Gusa twarabasabye tuti basi mudufashe gukemura ikibazo cya FDLR, ibyacu bizaba birangiye.”
Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ubushomeri bwageze kuri 13,2% muri Gicurasi 2026, imibare itarahindutse ugereranyije n'igihe nk'icyo mu 2025.
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda ko bafite ubushobozi abasaba kutisuzuguza imbere y’abandi kuko ntamuntu numwe udafite ikintu atanga.
Perezida Paul Kgame akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryano wa RPF-Inkotanyi yasabye abayobozi mu nzego zitandukanye kujya bibwiza ukuri bakareba niba inshingano bahawe gukorera abaturage bazuzuza uko bikwiye avuga ko iyo bidakozwe bigira ingaruka ku gihugu ndetse no kuri bwite.
Ikirahuri kimwe cy’amata ni ukuvuga mililitiro 250 gishobora gutanga hafi miligarama 300 za calcium, zikaba zingana n’igice kinini cy’izo umuntu mukuru akenera buri munsi. Nanone kandi ikirahuri kimwe cyamata gishobora kugira hafi garama 8 za poroteyine

Subscribe to our mailing list to receives daily updates to your inbox!

Amakuru Aheruka