Dusengiyumva Samuel, yavuze ko hatangiye kubakwa no kuvugurura imihanda kugirango hagabanywe umuvundo, yibutsa abayikoresha ko hakenewe ubufatanye bwabo mu kuyibungabunga no kubungabunga ubuzima bwabo
Abahagarariye Leta ya Kongo n’umutwe wa AFC/M23 bashyize umukono ku masezerano-shingiro agomba gutegura ikomeza ry’imishyikirano igamije kugera ku masezerano y’amahoro arambye
Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, yavuze ko amashuri adakwiye kwitwaza imbogamizi zirimo ubucucike, ngo abanyeshuri batsindwe, avuga ko hari abiga ari benshi bagatsinda hakaba n'abiga ari bake ntibatsinde
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga