Amakuru

Umuhuzabikorwa wa AFC/M23, Corneille Nangaa yemeje ku mugaragaro ko uwahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila Kabange, ari imbere muri iki gihugu
Impunzi ziba mu nkambi ya Mahama, mu karere ka Kirehe zakanguriwe kurwanya ihohotera rishingiye ku gitisina n'ikoreshwa ry'ibiyobyabwenge muri iyi nkambi.
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata ruherereye mu Karere ka Bugesera , rwafashe icyemezo cyo kurekura by'agateganyo, Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan, wakekwagaho gukora ishimishamubiri rishingiye ku gitsina kuri bamwe bajyanwa kugororerwa muri iki kigo.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe,Kuri uyu wa Kabiri, yasezeye kuri Ambasaderi Eric William Kneedler, uri gusoza inshingano ze zo guhagararira Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda.
Umunyarwandakazi Edda Mukabagwiza, wigeze kuba mu nzego zitandukanye muri Politiki y'u Rwanda, ayoboye itsinda ry’indorerezi rigizwe nabagera kuri 61 boherejwe n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu gukurikirana ibikorwa by’amatora y’Umukuru w’Igihugu.
Minisitiri w'Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore yasobanuye ko mu mategeko mashya y'umuhanda harimo ibyaha bibiri bikomeye bishobora kugeza umuntu mu rukiko, birimo gutwara imodoka wanyweye ibisindisha no gutwara nta byangombwa umushoferi afite
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Guteza Imbere Iyoherezwa mu Mahanga ry’Ibikomoka ku Buhinzi n’Ubworozi (NAEB) cyatangaje ko Ikawa y’u Rwanda  mu mwaka ushize wa 2025, yinjriije u Rwanda akabakaba kuri miliyari 219 Frw ( Miyoni 150 $).
Kwizera Gilbert ni umusore w’imyaka 21 y’amavuko. Ni umwe mu bagize imiryango 60 yatujwe mu Mudugudu wa Kaniga, wubatswe n’umushinga Green Gicumbi.
Abantu batatu bo mu karere ka Gisagara, bakurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w'imyaka 47.