Amakuru

Itsinda ry’Urubyiruko rubarizwa mu Muryango w’Abanyarwanda batuye muri Afurika y’Epfo, rwasuye Icyicaro gikuru cy’Ingabo z’u Rwanda (RDF), basobanurirwa intambwe u Rwanda rumaze gutera mu bumwe, ubwiyunge n’iterambere
Mu Karere ka Bugesera, Abanyamahanga batandatu bahisemo kuba Abanyarwanda, bahawe ubwenegihugu burimo ubushingye ku ishyingirwa.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Somalia, Maj. Gen. Odawa Yusuf Rage n’itsinda bazanye mu Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga w'u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe yahaye ikaze abanyamuryango bo mu bihugu 93 bazitabira inama ya 46 y'Umuryango w'Ibihugu Bivuga ururimo rw'Igifaransa (OIF) mu Rwanda
Banki y’Abarabu y’Iterambere muri Afurika, BADEA, yahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 45$ azifashishwa mu mishinga irimo kugeza amazi meza ku baturage
U Rwanda rwakiriye imiryango 106 igizwe n’Abanyarwanda 387, bari bamaze imyaka batuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo
Polisi ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano  yafashe abagabo bane bakekwagaho ibikorwa by’ubujura.
Abanyeshuri bagize Icyiciro cya 25 biga amasomo ajyanye n'imiyoborere y'ingabo mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama, basuye Ingoro y'u Rwanda y’urugamba rwo kubohora igihugu ku Mulindi, mu rwego rw’urugendoshuri rujyanye no gusobanukirwa byinshi ku rugamba rwo kubohora igihugu
Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwemeje itabwa muri yombi ry'abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David.