Amakuru

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko ibihugu by’amahanga, bidakwiye gukoresha inkunga n’ubufasha mu kuvogera ubusugire bw’ibindi bihugu.
Uwiyita MUSECOBAE ku mbuga nkoranyambaga nka X , yatabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, na Polisi, kumufasha kumwishyuriza akabari kitwa Velvet Kigali , gaherereye mu karere kaKicukiro, ashinja kumwambura amafaranga.
U Rwanda ruri kwitegura gutangira gukoresha umuti uterwa mu rushingiye, ugamije gukumira ubwandu bw’agakoko gatera SIDA.
Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, na Sookmyung Women’s University yo muri Koreya y’Epfo, bagiranye ibiganiro bigamije guteza imbere ubufatanye mu bushakashatsi n’uburezi.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano, hafashwe abantu bagaragaye mu mashusho bakubitira umuntu mu biro by'Akagari.
Urukiko rw'Ibanze rwa Gasabo, kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri 2025, rwatangiye kuburanisha urubanza Kalisa Adolphe, Camarade ' wahoze ari umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwemeje ko ikirego cya Muganga Chantal aregamo Dr. Nsabimana Ernest wahoze ari Minisitiri w'Ibikorwaremezo, kumubeshya urukundo bikamuviramo ibikomere ,nta shingiro gifite
Igisirikare cy’u Rwanda,RDF , cyatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Nzeri 2025,igipolisi cy’Uburundi, cyataye muri yombi umusirikare w’u Rwanda witwa St Sadiki Emmanuel , usanzwe ari umushoferi mu ngabo z'u Rwanda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka