Amakuru

U Rwanda rurateganya gutangiza Kaminuza ya Gisirikare (National Defense University- Rwanda ) , hagamijwe kongera ubumenyi abari mu ngabo z'u Rwanda.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mutarama 2026, muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ko Inama y'Igihugu y'Umushyikirano ugiye kongera kuba
Umugabo w'imyaka 21 wo mu karere ka Gisagara, akurikiranyweho kwica umugore we w'imyaka 20 , ubwo bari mu rugo.
Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, yaregewe urukiko.
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yashyizeho amabwiriza agenga Inteko y'abaturage aho kuri ubu igiye kujya iterana kabiri mu kwezi.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangije urubuga yise Mbaza ruzajya rwakirirwaho ibibazo by’abaturage mu nzego zose ndetse babashe kujya banarumenyeraho ibisubizo by’inzego bireba bidasabye kujya aho zikorera.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka