Amakuru

Mu Ntara y'Iburasirazuba , imirimo yo kubaka uruganda rw'amazi ' Muhazi Water Supply System' ku batuye uturere twa Gatsibo na Kayonza, irarimbanyije
Inama y'Abaminisitiri yateranye ku wa Gatatu, tariki ya 28 Mutarama 2026 , iyobowe na Perezida wa Repubulika, yemeje Iteka rya Minisitiri rigena uburyo bwo gutanga ibigenerwa umunyamuryango wa Ejo Heza
U Rwanda rurateganya gutangiza Kaminuza ya Gisirikare (National Defense University- Rwanda ) , hagamijwe kongera ubumenyi abari mu ngabo z'u Rwanda.
Inama y’Abaminisitiri yateraniye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Mutarama 2026, muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ko Inama y'Igihugu y'Umushyikirano ugiye kongera kuba
Umugabo w'imyaka 21 wo mu karere ka Gisagara, akurikiranyweho kwica umugore we w'imyaka 20 , ubwo bari mu rugo.
Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, yaregewe urukiko.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka