Amakuru

NESA, cyatangaje ko abanyeshuri bangana na 92.2% batsinze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza naho 75.64% batsinda ibizamini bisoza icyiciro Rusange cy'Amshuri yisumbuye mu mwaka wa 2024/2025
Urukiko rwa Gisirikare rugiye gusoma mu ruhame urubanza ku ifungwa n'ifungurwa ry'abantu 28 barimo abanyamakuru, abakozi b'Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igorora n'abasivile
WASAC yatangaje ko imvura nyinshi yaguye mu mpera z'icyumweru ishize yatumye hahagarikwa by’agateganyo imirimo yo gutunganya amazi mu bigo bitatu biherereye mu turere twa Rubavu, Gicumbi na Nyagatare
Minisiteri ya Siporo yatangaje ko igiye gukurikirana ikibazo cya serivisi mbi zirimo izishingiye ku icuruzwa rya kawa ndetse n'iza resitora bitangirwa muri Stade Amahoro
Minisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) yatangaje ko abantu batanu ari bo  bishwe n’ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu minsi  ibiri
Ingabo z’u Rwanda zigize itsinda rya kabiri ryoherejwe mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (Rwanbatt-2), zakiriwe ku mugaragaro n’Umuyobozi w’Ingabo za Loni muri aka gace, Maj Gen Nakul B. Rayamajhi
Urugendo rwa Dr. Sina Gerard, wiyubatse buhoro buhoro, abihereye ku bucuruzi buto bwo mu cyaro, akaza kugera ku rwego rwo hejuru nk’umwe mu baherwe 10 ba mbere mu Rwanda
Dr Aisa Kirabo Kacyira wari Umuyobozi w’Ibiro by’Umuryango w’Abibumbye bitanga Ubufasha, akaza kwitaba  Imana azize uburwayi, azashyingura ku munsi w’ejo tariki ya 19 Kanama 2025, mu irimbi rya Rusororo
Raporo ya Minisiteri Ishinzwe ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA ivuga ko abantu batatu bitabye Imana, abandi 11 barakomereka kubera imvura nyinshi yaguye ku matariki ya 17-18 Kanama uyu mwaka
Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w’amasezerano y’amahoro kugira ngo usuzumwe mbere yo kwemerwa