Amakuru

Umugabo w'imyaka 21 wo mu karere ka Gisagara, akurikiranyweho kwica umugore we w'imyaka 20 , ubwo bari mu rugo.
Dosiye ya Dr Manirakiza Benjamin, umwarimu muri Kaminuza ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya abana b’abakobwa abashukisha amafaranga, yaregewe urukiko.
Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu yashyizeho amabwiriza agenga Inteko y'abaturage aho kuri ubu igiye kujya iterana kabiri mu kwezi.
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangije urubuga yise Mbaza ruzajya rwakirirwaho ibibazo by’abaturage mu nzego zose ndetse babashe kujya banarumenyeraho ibisubizo by’inzego bireba bidasabye kujya aho zikorera.
Perezida Kagame yaganiriye n'Umuyobozi Mukuru wa Yonsei University, Prof. Dong-Sup Yoon wari kumwe na Dr. Won-Yong Lee, Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Ubushakashatsi, baganira ku buryo bwo guteza imbere uburezi binyuze mu guhererekanya ubumenyi
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rwaburiye abantu biyitirira uru rwego , bakaniyitirira ibikorwa by'imenyekanisha ikirango cy'ubukererarugendo cya VIsit Rwanda, bagamije inyungu zabo bwite cyangwa amafaranga mu buryo butemewe
Guverinoma y’u Rwanda igiye kujyana Leta y’u Bwongereza mu nkiko mpuzamahanga, aho ishinja iki gihugu kutubahiriza amasezerano byagiranye ajyanye no kwakira impunzi n’abimukira binjiye muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko
Ikigo Gishinzwe Amazi Isuku n'lsukura (WASAC Group) cyatangaje ko hari serivisi zayo zirimo n’izo gusaba amazi zigiye kujya zitangirwa ku rubuga rwa Irembo
Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène BIZIMANA , yatangaje ko kuvuga neza ururimi rw'ikinyarwanda ari intangiriro y'ubutwari .

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka