Amakuru

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi, Irere Claudette, yashimangiye ko ubufatanye hagati y’u Rwanda na Zimbabwe mu guhana abarimu bigisha, ari intambwe ikomeye igaragaza ko imikoranire hagati y’ibihugu byombi bya Afurika ishoboka aho gukorana gusa n’ibindi bihugu.
si y’u Rwanda yungutse abapolisi bashya bato 1903 bari bamaze amezi icyenda bahugurirwa mu Ishuri rya Polisi rya Gishari riherereye mu Karere ka Rwamagana.
Minisitiri w'umutekano imbere mu gihugu, Dr Vincent Biruta, yasabye abapolisi bato basoje amahugurwa abinjiza mu kazi kuzarangwa n'ikinyabupfura mu kazi , baharanira gushyira umuturage ku isonga , barwanya ibyaha bibangamiye abaturage.
Entebbe muri Uganda habereye inama idasanzwe y’abayobozi bakuru b’ibihugu byo mu Karere ka Afurika y’Ibiyaga Bigari kuri iki Cyumweru tariki ya 22 Ukuboza 2025
Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri  mu Ntara ya Cabo Delgado mu Majyaruguru ya Mozambique, ku wa 21 Ukuboza 2025,  bitabiriye igikorwa cya siporo  rusange aho bari kumwe n’abaturage ndetse n' abayobozi b'inzego z' ibanze.
‎Urwego Rrw 'Igihugu Rushinzwe Iterambere (RDB), rwashyizeho amasaha y'agateganyo azagenga ibikorwa by'ubucuruzi guhera ku wa 22 Ukuboza 2025 kugeza ku wa 05 Mutarama 2026.