Amakuru

Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU), Mahmoud Ali Youssouf, yagaragaje ko yashimye isinywa ry’amasezerano agena uburyo bwo guhagarika imirwano hagati ya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23).
Polisi y’u Rwanda (RNP) yakiriye itsinda ry’abapolisi bavuye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo, aho bari bamaze umwaka.
Umuhanga mu bya siyansi mu bijyanye n’imitekereze, Robert O. Duncan, avuga ko kurota bifasha umuntu kuyungurura amarangamutima nibyo yanyuzemo umunsi wose ndetse bigacubya uburakari yagize.
Urwego rw'Igihugu rw'Abanyamakuru bigenzura RMC rwihanangirije ibinyamakuru birimo SK FM na ISIBO kubera imyitwarire ihabanye n’amahame agenga umwuga w’itangazamakuru ikomeje kugaragara mu biganiro bya siporo bitambutswa kuri izi radiyo.
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Murangwa Yusuf, yatangaje ko ingengo y’imari y’u Rwanda y’umwaka wa 2025/2026 yagabanyutseho miliyari 80,4 Frw, iva kuri miliyari 7,032,5 Frw ikagera kuri miliyari 6,952,1 Frw.
Umugabo wo mu karere ka Rwamagana, yatawe muri yombi akurikiranyweho kugira uruhare mu rupfu rw'umugore we w'imyaka 28 n'umwana we w'imyaka itatu.
Mu Rwanda ubuhinzi bw'indabo bukomeje gutera imbere ndetse kuri ubu ziri mu byo u Rwanda rwohereza mu mahanga .
Nyuma y'umwaka urenga ikibuga cy'Indege cya Goma gifunze, kuri uyu wa Kane, Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko ryahaye uburenganzira indege y'Intumwa idasanzwe ya Monusco, Vivian van de Perre, ugiye gukurikirana ibikorwa by'ishyirwaho ry'agahenge
Ikipe ya Polisi y’u Rwanda yegukanye umudali w’Umuringa  ku munsi wa nyuma w’arushanwa yo guhashya iterabwoba azwi nka ‘UAE SWAT Challenge 2026’.
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kayonza, butangaza ko bugiye gutangira kubaka uruganda rutunganya intanga ' Azote' kugira ngo aborozi babone icyororo cy'inka zitanga umukamo .