Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda, Nyirahabimana Soline, yasabye inteko zishinga amategeko ku Isi gufata ingamba zihamye zo kurengera uburenganzira bw’abagore no gushyiraho amategeko atanga icyizere, ubutabera n’uburinganire kuri bose
Kuri uyu wa Gatandatu, mu kagali ka Kanzenze mu Murenge wa Ntarama ho mu karere ka Bugesera
ahahoze ishuri rya Nyirarukobwa, habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi hazirikanwa by'umwihariko imiryango yazimye.
Banki y’Isi World Bank Group yashimiye u Rwanda ko ruri ku isonga mu bihugu byitwaye neza ku rwego rw’Isi mu bipimo byagutse bya Human Capital Index Plus (HCI+) bigaragaza uko ibihugu byaharaniye iterambere n’imibereho myiza by’abaturage babyo.
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga