Minisitiri w'Ubumwe bw'Abanyarwanda n'Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène BIZIMANA , yatangaje ko kuvuga neza ururimi rw'ikinyarwanda ari intangiriro y'ubutwari .
Ihuriro rya AFC/M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko nta gace rigenzura ubu riteganya kuvamo
Ku kicaro gikuru cy'Ingabo z'u Rwanda, ku wa 26 Mutarama 2026, habaye umuhango w'ihererekanyabubasha aho Brigadier General Godfrey Gasana yashyikirije ku mugaragaro Col Dan Gatsinzi inshingano z'Umugaba Wungirije w’Ingabo zirwanira mu Kirere.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko ibigo bikora Ibaruramari mu Rwanda byinjije Miliyari 16,315Frw mu mwaka wa 2024 avuye kuri Miliyari 3,830 Frw mu 2014.