Ibidukikije

Ubuyobozi bwa Pariki y'Igihugu ya Nyungwe, butangaza ko amafaranga asaga miliyari 1.2 frw, yavuye mu bukerarugendo, azifashishwa mu gutera inkunga imishinga itandatu yo mu turere twegereye iyi pariki binyuze muri gahunda yo gusangira umusaruro wa pariki n'abayituriye.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ibiciro bishya byo gusura ingagi muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, bizatangira gukurikizwa mu mwaka wa 2026
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ko umushinga wa Biogaz yifashishwa mu guteka utatanze umusaruro nkuko byari biteganyijwe gusa ivuga ko hatangijwe  indi gahunda yo kongera kuwugerageza bityo bizeye ko uzatanga umusaruro.
Abayobozi mu nzego z’igihugu bakomeje kwitabira gusuzumisha ibinyabiziga byabo imyuka ihumanya ikirere, batanga urugero rwiza ku Banyarwanda mu kubakangurira gukoresha iyi serivisi hagamijwe kurengera ibidukikije
Nishimwe Naomie wabaye Nyaminga w'u Rwanda wa 2020, yasobanuye ubuzima yabayemo nyuma yo kwambikwa ikamba, agaragaza ko iby’ubwiza n’ubwamamare abantu babona bidahura n’ukuri k’ubuzima bwa buri munsi
Ambasaderi w’Igihugu cy’u Bushinwa mu Rwanda, Gao Wenqi, ari kumwe n’itsinda ayoboye, basuye Ingoro y’Umurage w’Ibidukikije iherereye mu Karere ka Karongi
Minisitiri w'Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yashimangiye ko intego u Rwanda rwubakiyeho yo kurengera urusobe rw'ibidukikije ari inzira yo guharanira kugera ku mahoro n’ubukire birambye
Parike y'Akagera, iherereye mu Burasirazuba bw'u Rwanda, yashyizwe ku rutonde rw'ahantu 25 h'ingenzi ku Isi ho gusura mu mwaka wa 2026, nk’uko byatangajwe n'ikinyamakuru National Geographic
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Bernadette Arakwiye, yatangije ku mugaragaro igihembwe cyo gutera ibiti cya 2025–2026, ndetse yibutsa Abanyarwanda akamaro k’ibiti mu gutuma ubuzima bugenda neza.
U Rwanda rwakiriye Inama Mpuzamahanga ya Gatandatu y’Ubuhinzi bw’ibiti bivangwa n’imyaka, (6th World Congress on Agroforestry 2025 – #WCA2025.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka