Imikino

Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze Mukura Victory Sports ibitego 2-0 mu mukino wayo wa gatatu muri Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa 10.
Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, yatangaje ko  ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, yakurikiye umukino wa Basketball wahuje Los Angeles Clippers, isanzwe yamamaza Visit Rwanda, na Dallas Mavericks .
Perezida w'Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC), Dr. Yao Allah-Kouamé, yashimangiye ko umwaka wa 2025 wabaye udasanzwe kuri Afurika kuko u Rwanda rwawakiriyemo Shampiyona y'Isi y'Amagare
Rayon Sports ikiri mu bihe bigoranye, yanganyije na Gicumbi FC 1-1 mu mukino w’umunsi wa cyenda wa shampiyona .
Inama y’Abaminisitiri yateranye ku mugoroba wo ku wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, yashyize mu myanya abayobozi bashya muri Minisiteri ya Siporo .
APR FC yanganyije na AS Kigali igitego 1-1 mu mukino w’umunsi wa 9 wa shampiyona y’u Rwanda (Rwanda premier League)
Ikipe ya Al Hilal SC yateye utwatsi ibihano yafatiwe n'Ishyirahamwe ry'umupira w'Amaguru muri Afurika, CAF, nyuma y’imvururu zabaye ku mukino batsinzemo ikipe ya MC Alger ibitego 2-1, wabereye muri Stade Amahoro
Ikipe ya Police FC yanganyije na Al Hilal SC yo muri Sudani 0-0 mu mukino wa mbere yari ikinnye muri Shampiyona y’u Rwanda kuva yakwemererwa kuyitabira mu mwaka w’imikino wa 2025/2026
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, y’abatarengeje imyaka 17 yatsinzwe na Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wa nyuma w’amatsinda y’Irushanwa rya CECAFA riri kubera muri Ethiopia

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka