Imikino

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire yijeje ubufasha umwana w'umuhungu ufite ubumuga bw’ingingo, wagaragaye akinana ishyaka umupira w'amaguru
Startimes Rwanda yongereye umubare w’imikino ya Shampiyona y’u Rwanda y’Icyiciro cya Mbere (Rwanda Premier League), yerekanwa ku mashene yayo
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball, Axel Mpoyo, yemeje ko atazakina mu mikino yo gushaka itike ya FIBA World Cup, izaba hagati ya tariki ya 27 kugeza ku ya 30 Ugushyingo 2025 muri Tunisia.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryemereye amakipe atatu yo muri Sudani kuzakina muri  Shampiyona y’u Rwanda mu mwaka w’imikino wa 2025/2026.
Ikipe y'Igihugu cy'u Rwanda 'Amavubi', imaze imyaka isaga 38 yereka Abanyarwanda umupira uryoshye. Muri iyi myaka itari mike, Amavubi yanyuzemo abakinnyi benshi batandukanye
Abakinnyi, abatoza ndetse n'abayobozi ba Rayon Sports basuye umuganga w’iyi kipe, Dr. Mugemana Charles, urwariye mu bitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK
Komisiyo Ishinzwe Imisifurire mu Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA), yahagaritse abasifuzi batatu aribo Ishimwe Claude uzwi nka Cucuri, Mugabo Eric na Habumugisha Emmanuel kubera amakosa bakoze mu mikino baheruka gusifura.
Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’Amagare muri Afurika (CAC) yatangaje ko u Rwanda rwahawe kwakira ibirori byo gutanga ibihembo by’abakinnyi b’indashyikirwa mu mukino wo gusiganwa ku magare ku mugabane wa Afurika