Imikino

Ikipe y’Igihugu y'u Rwanda, Amavubi yageze muri Afurika y’Epfo, aho yitegura guhura na Zimbambwe mu mukino wayo wa munani wo gushaka itike yo kwerekeza mu Gikombe cy'Isi cya 2026
Bacary Sagna, wahoze akinira Arsenal, na Javier Pastore wahoze akinira Paris Saint-Germain (PSG), basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi
Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda Amavubi yatsinzwe na Super Eagles yo muri Nigeria igitego 1-0, mu mukino wa karindwi wo gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026
Umujyi wa Kigali watangaje imihanda izakoreshwa na bisi, amakamyo ndetse n’indi ishobora kunyurwamo, mu gihe imihanda isanzwe izaba irimo gukoreshwa mu Irushanwa ry’Isi ry’Amagare (UCI Road World Championships 2025).
Ubuyobozi bw’Ikipe ya Rayon Sports bwimuye ibiro bwakoreragamo byari bisanzwe biherereye  mu Karere ka Kicukiro ahazwi nka ‘Zinia’
Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), Jean-Guy Afrika, yakiriye ikirangirire mu mupira w'amaguru, Javier Pastore, wahoze akinira Paris Saint-Germain, wageze mu Rwanda, aho azitabira Kwita Izina ku nshuro ya 20
Umukinnyi w'umupira w'amaguru ukomoka muri Argentine, Javier Pastore, wakiniye Paris Saint-Germain, ari mu bashyitsi bazitabira ibirori byo Kwita Izina, bizaba kuri uyu wa gatanu tariki ya 5 Nzeri 2025 mu Kinigi.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA)  ryagize Mugisha Richard wari visi perezida wa kabiri , umunyamabanga Mukuru w’agateganyo asimbuye Kalisa Adolphe Camarade
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatoreye Dr Ngoga Shema Fabrice, kuba Perezida wa ryo, mu matora atari afite uwo bahanganye, akaba agiye kuyobora muri manda y'imyaka ine(2025-2029)
Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yasura amakipe y’u Rwanda y’abahungu n’abakobwa batarengeje imyaka 16 ari mu mwiherero bitegura Irushanwa rya FIBA U16 AfroBasket 2025 rizabera mu Rwanda.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka