Imikino

APR FC yihanangirije ikipe ya Power Dynamos yo muri Zambia iyitsinda ibitego 2-0, mu mukino wa gishuti wabaye wo kwizihiza ibirori by’Inkera y’Abahizi byahuje abayobozi, abakinnyi n’abafana b’iyi kipe
Gasogi United yaguye miswi na Mukura Victory Sports mu mukino wa gishuti utegura Shampiyona y’umupira w’Amaguru y’umwaka wa 2025/2026
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu z'igihugu, APR yatangaje ko imikino yo mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Champions League bagombaga gukina yahinduriwe amatariki kubera Shampiyona y'amagare
Ikipe ya Rayon Sports inyagiwe n’ikipe ya Yanga Africans yo muri Tanzania mu mukino wa gishuti wari wateguwe na Rayon Sports ku munsi mukuru wa Rayon Day
Ingabo z'u Rwanda, RDF zateguje umukino wa gishuti n'ingabo za Uganda UPDF uzaba kuri uyu wa gatandatu tariki ya 16 Kanama 2025
Ikipe ya Yanga SC yo muri Tanzania yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi, basobanurirwa amateka u Rwanda rwanyuzemo
Abakinnyi n’abatoza b’ikipe y’ingabo z’igihugu, APR FC, bahize kwitwara neza mu mikino ya Pre‑Season, CECAFA Kagame Cup na CAF Champions League
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera ku itariki ya 21 kugeza ku wa 28 Nzeri 2025, amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali azaba afunze n'abakozi ba Leta bagakorera mu rugo mu rwego rwo kurushaho kwakira neza Shampiyona y’Isi y’Amagare
Hari tariki ya 12 Kanama 2010 mu buryo butunguranye Shyaka Claver yitabye Imana, ni inkuru yaciye igikuba maze agahinda n'amarira y'akababaro bitaha mu muryango mugari wa Siporo Nyarwanda
Nate Ament, uri mu bakinnyi bakiri bato bafite impano ikomeye muri Basketball ndetse bahanzwe amaso muri NBA ari mu Rwanda mu rugendo rugamije gusura ibyiza nyaburanga by’igihugu no guhura n’urubyiruko rukina uyu mukino