Umuyobozi wa Federasiyo y'Amagare ku Isi, David Lappartient yashimiye Abanyarwanda bagaragarije urukundo umukino w'Amagare mu Cyumweru Shampiyona y'Isi y'Amagare imaze ibera mu Rwanda
Umunya Slovenia Tadej Pogačar yavuze ko kuba Remco Evenepoel yaramuciyeho agatsinda irushanwa , nawe byari nko kwihorera ku byamubayeho muri Tour de France ubwo yafatiwe na Jonas Vingegaard ku musozi mu gusiganwa ku gihe (TT).
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga