Imikino

Kuva kuwa 21-28 Nzeri 2025, mu Rwanda haberaga Shampiyona y’Isi y’Amagare ku nshuro yayo ya 98, ikaba iya mbere ibereye muri Afurika.
Umuyobozi wa Federasiyo y'Amagare ku Isi, David Lappartient yashimiye Abanyarwanda bagaragarije urukundo umukino w'Amagare mu Cyumweru Shampiyona y'Isi y'Amagare imaze ibera mu Rwanda
Umunya-Canada Magdeleine Vallieres yegukanye umudali wa Zahabu mu bagore bakuru basiganwa mu muhanda 'road race' muri Shampiyona y'Isi y'Amagare ya 2025.
Umunya-Espagne, Ostiz Taco Paula yegukanye umudali wa Zahabu mu Bangavu basiganwa mu muhanda ku munsi wa karindwi wa Shampiyona y'Isi y'Amagare
Umunya Slovenia Tadej Pogačar yavuze ko kuba Remco Evenepoel yaramuciyeho agatsinda irushanwa , nawe byari nko kwihorera ku byamubayeho muri Tour de France ubwo yafatiwe na Jonas Vingegaard ku musozi mu gusiganwa ku gihe (TT).