Imikino

Rayon Sports yatsinze Mukura VS ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 21 wa shampiyona y’u Rwanda.
Umunya Israel Einhorn Itamar ukinira NSN Development Team ni we wegukanye Agace ka Mbere ka Tour du Rwanda 2026 kakinwe ku ntera y'ibilometero 173,6 kuva Rukomo muri Gicumbi kugera i Rwamagana, akoresheje amasaha ane, n'amasegonda 5.
Ubuyobozi bwa Tour du Rwanda, bwatangaje ko ubwo hakinwaga agace ka mbere kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026, habaye impanuka ikomeye ubwo isiganwa ryari rigeze mu gace ka Gabiro, mu karere ka Kayonza, abantu babiri bahita bitaba Imana, abandi batandatu barakomereka.
Perezida Paul Kagame, Madamu Jeannette Kagame n’abandi bayobozi mu nzego nkuru z’igihugu bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo ngaruka kwezi, izwi nka ’Car Free Day’.
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yasabye Abanyarwanda kuza gushyigikira Abanyarwanda n'abandi bazitabira isiganwa ry'amagare , Tour du Rwanda , yatangiye kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gashyantare 2026.
APR FC yanganyije na Police FC 1-1 mu mukino w'umunsi wa 21 wa shampiyona y'u Rwanda, abafaana bikoma umusifuzi.
Kimenyi Yves wakiniye amakipe arimo APR FC na Rayon Sports ndetse n'Ikipe y'Igihugu y'Amavubi, yatangaje ko yasezeye gukina ruhago nk'uwabigize umwuga
Muri uyu mwaka wa 2026, Umujyi wa Kigali witeguye kwakira ibikorwa bikomeye bya siporo n’imyidagaduro bizahuza Abanyarwanda n’abaturutse hirya no hino ku Isi
Rayon Sports yatsinze City Boys yo mu cyiciro cya kabiri, ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa 1/8 mu Gikombe cy’Amahoro