Imyidagaduro

Umunyamakuru, Niyigaba Clement wamamaye ku izina rya DC Clement mu ruganda rw'imyidagaduro mu Rwanda agiye kugezwa imbere y'urukiko aho akurikiranyweho ibyaha bitanu
Umuhanzikazi France Mpundu n'umukunzi we Moctar bakomeje kugirira ibihe byiza muri Zanzibar aho bamaze iminsi mu biruhuko ndetse no gutembera iki gihugu.
Nyampinga wa Uganda 2023, Hannah Karema Tumukunde ukomoka ku mubyeyi umwe w'Umunyarwanda 'Mama' na Se w’Umunyankole yatsinzwe amatora
Ku gicamunsi cyo ku Cyumweru, tariki ya 12 Mata 2026 abahanzi Bruce Melodie na The Ben basuye ndetse bunamira inzirakarengane ziruhukiye mu Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
Urwego rw'Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi Semuhungu Eric ariko ntihatangazwa impamvu yitabwa muri yombi
Umuhanzi Alikiba wo muri Tanzania, yifatanyije n'Abanyarwanda muri iki gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Umunyamakurukazi Evelyn Umurerwa ukorera RBA, yagaragaje intimba aterwa na Musaza we wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ahishura ko amukunda cyane
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahekuye u Rwanda itwara ubuzima bw'abarenga miliyoni imwe barimo n'abari bakunzwe mu ruganda rw'ubuhanzi n'imikino
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10 Mata 2026 yageneye ubutumwa Se wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi.
Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye ubuzima bw’abarenga miliyoni imwe b’ingeri zinyuranye muri abo barimo n’abahanzi bakundirwaga inganzo yuje ubuhanga bwabo, muri iyi nkuru UMUNOTA.com wakwegeranyirije amateka yihariye y'umuhanzi Karemera Rodrigue wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka