Ni amashusho abenshi bazi aho umukobwa w’inkumi yarimo abyinana n’umuhanzi w’icyamamare mu muziki nyarwanda , ntawundi ni Cecile Kayirebwa mu ndirimbo ye yabaye ikimenyabose yitwa Tarihinda , amashusho y’iyi ndirimbo yafashwe mu mwaka w’i 1998.
Mugisha Gilbert “Barafinda” ntari mu bakinnyi ba APR FC berekeje mu Misiri gukina umukino wo kwishyura wa CAF Champions League, na Pyramids Fc kuko yitegura ubukwe buzaba ku cyumweru tariki ya 5 Ukwakira 2025, umunsi ikipe ye ifiteho umukino.
Umunyarwandakazi, Jasinta Makwabe uri mu bakobwa bagezweho mu kumurika imideli muri Tanzania, yatangaje ko yamaze gutandukana n’umugabo biteguraga kurushinga
Radio Salus ni imwe mu ma radiyo yashyize umusingi ku iterambere ry’itangazamakuru mu Rwanda, n’imwe mu maradiyo yigenga yatangiye mu Rwanda ndetse ntitwareka kuvuga ko benshi mu Banyamakuru bakomeye u Rwanda rufite uyu munsi banyuze kuri iyi radiyo