Minisitiri w’Ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore yatangaje ko gahunda u Rwanda rwihaye yo kugeza umuriro w’amashanyarazi mu bice byose by’igihugu igeze ku kigero cya 84% ndetse ko hari icyizere ko mu 2029 bizaba bigeze ku 100%.
Urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwaburanishije umwana na se ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo, aho baregwa kwica bakubise inkoni umukecuru ufite uburwayi bwo mu mutwe.
Minisitiri w’Ibikorwaremezo Dr. Jimmy Gasore, yavuze ko intego Guverinoma y’u Rwanda yihaye yo kugeza amazi ku baturage ku gipimo cya 100% mu 2029 izagerwaho.
Mu ngengo y’Imari ya miliyari 7,796.3 Frw iteganyijwe gukoreshwa mu mwaka wa 2026/27, harimo miliyari 4,779.1 Frw zizagenda ku bikorwa bisanzwe birimo imishahara n’ibikoresho na serivisi, mu gihe miliyari 3,017.2 Frw zizashorwa mu bikorwa by’iterambere.
Urwego rutegura shampiyona y’u Rwanda y’icyiciro cya mbere mu bagabo, Rwanda Premier League (RPL), rwatangaje ko muri uyu mwaka w'imikino hazatangwa ibikombe bibiri.
Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Maj Gen Vincent Nyakarundi,yasuye abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santarafurika (MINUSCA).
Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga