Inkuru Nshya

Ihuriro rya AFC/M23 rirashinja ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, FARDC, gukoresha indege zitagira abapilote mu bitero bivugwa guhitana ubuzima bw'abasivile, abandi bagata ibyaho cyane ko biba byangiritse
Akarere ka Ngoma ko mu Ntara y’Iburasirazuba kaje ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2024–2025, kagira amanota 77.2%, nk’uko byatangajwe n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)
Abakinnyi b’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, batangiye kugera mu mwiherero guhera ku Cyumweru, kuri hoteli ya FERWAFA iherereye i Remera, mu rwego rwo kwitegura neza imikino ya FIFA Series 2026 iteganyijwe kubera mu Rwanda
Ikipe ya Gasogi United yatewe mpaga inacibwa amande kubera kutitabira umukino w'umunsi wa 25 wa Shampiyona y'u Rwanda wagombaga kuyihuza na Rayon Sports FC kuri iki cyumweru saa yine (22:00) muri stade Amahoro.
Ikipe ya Al Hilal SC yo muri Sudani, ikina Shampiyona y'u Rwanda, yasezerewe na RS Berkane yo muri Maroc muri ¼ cya CAF Champions League ku giteranyo cy'ibitego 2-1 mu mikino yombi.
Ikipe ya Police FC ikomeje kugira umusaruro nkene  nyuma yo kugwa miswi igitego 1-1 na Etincelle FC yongera gushimangira ko kuyizera bisaba umutima ukomeye.
Marines FC yatsindiye Mukura VS&L i Rubavu kuri Stade Umuganda ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 25 wa shampiyona y’u Rwanda.