Inkuru Nshya

Hari ibyamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda byabashije kurwubaka rurakomera ndetse uyu munsi abakibyiruka bashaka kuzubaka uruzira kuryana hari amasomo arenze rimwe bakura kuri izi ngo z’ibyamamare
Kakooza Nkuliza Charles [KNC] washinze Radio&TV1 akaba anayobora Gasogi United yagarutse ku rugendo rwe rwmubuzima harimo uko yisanze mu buhanzi, itangazamakuru no gushinga ikipe, agenera n’ubutumwa urubyiruko bwarufasha kwiteza imbere.
Abanya-Kigali b’ingeri zitandukanye bitabiriye Gen-Z Comedy batahakanye ibyishimo n’umunezero nyuma yo gutaramirwa n’abahanga mu gusetsa bamaze kwandika izina muri ibi bitaramo
Benshi bamuzi nka Papa Sava, Seburikoko, Mvumbuko, Superi n'andi menshi, ariko amazina ye nyakuri ni Niyitegeka Gratien, akaba umuhanzi mu ngeri zitandukanye zirimo guhanga imivugo, kuririmba, gukina amakinamico ndetse no gukina filime
Mu rwego rwo kwitegura Shampiyona y’Isi y’Amagare iteganyijwe kubera mu Rwanda muri Nzeri 2025, dodani nyinshi zari zisanzwe mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali zakuweho
Nta gihindutse Shampiyona y'icyiciro cya mbere mu Rwanda mu mupira w’amaguru umwaka w'imikino wa 2025-26, izatangira mu kwezi gutaha kwa Nzeri 2025 nubwo amatariki ataramenyekana
Teta Sandra yagonze  umugabo we Weasel Manizo kuri ubu akaba arembeye mu bitaro bya Nsambya Hospital muri Uganda.