Inkuru Nshya

Yago  ari  mu byishimo  byinshi aho  Imfura ye yujuje umwaka ibonye izuba

Minisitiri Utumatwishima yagaragaje impungenge ku 10% by’urubyiruko rudashaka gukora

Ikigega ‘Aguka Youth Fund’ cy’ingwate y’urubyiruko  kimaze kugeramo miliyari 1,5 Frw

«Namusanze amuri hejuru» Nyambo Jesca yahishuye uko yaciwe inyuma n’umukunzi we

Abagize Urugaga rw’Abahanga mu by’Ubwubatsi basabye Minisiteri y’Ibikorwaremezo kujya bahabwa amasoko y’imishinga y’ubwubatsi minini akunze guhabwa sosiyete z’abanyamahanga, kuko na bo bafite ubushobozi bwo kuyakora neza;
Abana 3 bo mu muryango umwe wo mu Karere ka Gicumbi mu Murenge wa Cyumba, baturikanywe na grenade ubwo batashyaga inkwi mu ishyamba, bahita bitaba Imana.
Umusaruro mbumbe w’u Rwanda (GDP) wazamutse ku kigero cya 11.8% mu gihembwe cya gatatu cya 2025, ugera kuri miliyari 5,525 Frw, uvuye kuri miliyari 4,659 Frw wariho mu gihembwe nk’iki cy’umwaka wa 2024
Inama yahuje abahinzi n’inganda zitunganya umuceri mu Rwanda yashyizeho ibiciro fatizo bizagenderwaho mu kugurisha umuceri mu gihebwe cy’ihinga cya 2026 A
Abaturage bazindukiye mu mihanda bagaragaza ku mugaragaro ko bishimiye ihuriro rya AFC/M23 banayiha ikaze bagaragaza ko bayishimira kubera umutuzo yabazaniye mu mujyi wa Uvira ho mu ntara ya Kivu y’amajyepfo
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, MINAGRI, yatangije  ku mugaragaro umushinga  mushya witwa BIO-CAP (Biological Control Agents Project), ugamije gufasha abahinzi mu guhangana n’udukoko n’indwara byibasira imyaka, cyane cyane ibirayi n’imyumbati.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA rwatangaje ko rwashyizeho urwego rw’ubukemurampaka bwigenga uzajya rwitwa Urukiko rw’Ubukemurampaka rwa Ferwafa (Ferwafa Arbitration Tribunal).
Nyuma yo kubona icyuho kinini kiri hagati y’ubuhinzi gakondo bukorwa n’abahinzi benshi n’ubugezweho bushingiye ku ikoranabuhanga, Nyampinga Laetitia yafashe icyemezo cyo gushyiraho gahunda igamije guhuriza hamwe no guhugura urubyiruko rukora mu buhinzi

Iyandikishe ku rutonde rw’abakira ubutumwa bwacu kugira ngo ubone amakuru mashya buri munsi mu buryo bw’ikoranabuhanga

Amakuru Aheruka