Inkuru Nshya

Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko muri gahunda ya kabiri yo kwihutisha iterambere NST 2 (2024-2025), guverinoma izakomeza gukumira no guhangana n’izamuka ry’ibiciro
Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko agaciro k’ibicuruzwa byoherezwa mu mahanga kazikuba kabiri mu myaka itanu (2024-2029), kagere kuri miliyari 7.3$ kavuye kuri miliyari 3.1$
Urwego rw’Abikorera mu Rwanda, PSF, ku bufatanye n’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bari gukora ubugenzuzi ku bucuruzi bw'akajagari , banasaba abakora ubucuruzi kubukora byemewe n’amategeko, babanje kubwandikisha
Urukundo rurihangana rukagira neza, urukundo ntirugira ishyari, urukundo ntirwirarira, ntirwihimbaza, ntirukora ibiteye isoni, ntirushaka ibyarwo
U Rwanda rumaze kuba ikimenyabose kubera umwihariko wo kuba isoko y’Ubukerarugendo, by'umwihariko ingagi zo muri Pariki y’Igihugu y’Ibirunga, zihuruza amahanga
Ihuriro ry’Umutwe urwanya leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, AFC/M23 ryatabaje Umuryango Mpuzamahanga uvuga ko ubutegetsi bwa Congo buri gutegura bucece intambara yeruye
Hari tariki ya 12 Kanama 2010 mu buryo butunguranye Shyaka Claver yitabye Imana, ni inkuru yaciye igikuba maze agahinda n'amarira y'akababaro bitaha mu muryango mugari wa Siporo Nyarwanda
Umujyi wa Rubavu nk'umwe mu yegereye umupaka uzakomeza gutezwa imbere wunganire Kigali, binyuze mu kuvugurura ibikorwa remezo, guteza imbere ubukerarugendo no kuzamura ubucuruzi
Ambasaderi w’u Rwanda muri Ghana, Rosemary Mbabazi, yifatanyije n’Abanya-Ghana kunamira abantu umunani baguye mu mpanuka ya kajugujugu, barimo ba Minisitiri babiri